0 Comment
Uyu ni umunsi w’agahinda mu isi ya siporo nyuma yo gutangazwa ku inkuru y’urupfu rutunguranye rwa Diogo Jota, umukinnyi w’umupira w’amaguru wakiniraga Liverpool FC yo mu Bwongereza. Amakuru yageze ku isi yose ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Nyakanga 2025, avuga ko Diogo José Teixeira da Silva, uzwi cyane nka Diogo... Read More