0 Comment
Nyuma y’imyaka 15 atagaragara mu ruhando rwa muzika, umuhanzi Richard Nick Ngendahayoagiye gutaramira abanyarwanda mu gitaramo gikomeye kizabera muri BK Arena tariki ya 23Kanama 2025.Ibi ni ibyatangajwe mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa 9 Gicurasi na Madame HagumaNatacha, uhagarariye kompanyi ya Fill the Gap Ltd, iri gutegura iki gitaramo. Yavuze ko ikigitaramo cyiswe “Niwe Healing... Read More