Nyuma y’imyaka irenga 15 atari mu Rwanda, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick NGENDAHAYO, yongeye kugaruka ku isoko ry’umuziki wa Gospel. Read More
Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hari impamvu ituma benshi bongera kumva uburemere bw’amateka n’inkovu yasize ku mitima. Read More