Nyuma y’imyaka yari ishize atongera gusohora indirimbo nshya,umuhanzi w’inararibonye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, yagarukanye imbaraga zidasanzwe mu ndirimbo ye nshya “Uri Byose Nkeneye”. Read More
Nyuma y’imyaka irenga 15 atari mu Rwanda, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick NGENDAHAYO, yongeye kugaruka ku isoko ry’umuziki wa Gospel. Read More