Nyuma y’imyaka yari ishize atongera gusohora indirimbo nshya,umuhanzi w’inararibonye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, yagarukanye imbaraga zidasanzwe mu ndirimbo ye nshya “Uri Byose Nkeneye”. Read More
Nyuma y’imyaka irenga 15 atari mu Rwanda, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick NGENDAHAYO, yongeye kugaruka ku isoko ry’umuziki wa Gospel. Read More
Bosco Nshuti, umwe mu baramyi bakunzwe mu Rwanda, yashyize hanze indirimbo nshya yise Ndahiriwe, izina ryahujwe n’album ye ya kane ateganya kumurika. Iyi ndirimbo yagiye hanze ku itariki ya 3 Werurwe 2025, igaragaza ko umuntu wese wemeye Yesu nk’Umwami n’Umukiza aba abonye umugisha utagereranywa. Mu magambo yayo, Bosco Nshuti ashimangira ko urukundo rwa Yesu ari... Read More