Mu ruhurirane rw’amajwi y’isi ahugije imitima, Daniel Svensson yongeye gutanga impumeko nshya y’ijuru mu ndirimbo ye nshya yise “Umukiza”, itwibutsa ko Yesu Kristo ari we soko y’agakiza n’urukundo rutagira imipaka. Read More
Bosco Nshuti, umwe mu baramyi bakunzwe mu Rwanda, yashyize hanze indirimbo nshya yise Ndahiriwe, izina ryahujwe n’album ye ya kane ateganya kumurika. Iyi ndirimbo yagiye hanze ku itariki ya 3 Werurwe 2025, igaragaza ko umuntu wese wemeye Yesu nk’Umwami n’Umukiza aba abonye umugisha utagereranywa. Mu magambo yayo, Bosco Nshuti ashimangira ko urukundo rwa Yesu ari... Read More
Indirimbo “Nyigisha” ya Ben na Chance ni igihangano cyihariye gikangurira abantu, by’umwihariko abahanzi, gusigasira umuco wo kwicisha bugufi no kwemera ko Imana ari yo itanga ubushobozi. Iyi ndirimbo igaragaza ko nubwo umuntu yagira impano ikomeye, adakwiye kwishyira hejuru, ahubwo agomba guhora ashimira Imana. Mu magambo yayo, Ben na Chance basaba Imana kubigisha kutirata ibyagezweho, ahubwo... Read More