Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hari impamvu ituma benshi bongera kumva uburemere bw’amateka n’inkovu yasize ku mitima. Read More
Mu ruhurirane rw’amajwi y’isi ahugije imitima, Daniel Svensson yongeye gutanga impumeko nshya y’ijuru mu ndirimbo ye nshya yise “Umukiza”, itwibutsa ko Yesu Kristo ari we soko y’agakiza n’urukundo rutagira imipaka. Read More
Bosco Nshuti, umwe mu baramyi bakunzwe mu Rwanda, yashyize hanze indirimbo nshya yise Ndahiriwe, izina ryahujwe n’album ye ya kane ateganya kumurika. Iyi ndirimbo yagiye hanze ku itariki ya 3 Werurwe 2025, igaragaza ko umuntu wese wemeye Yesu nk’Umwami n’Umukiza aba abonye umugisha utagereranywa. Mu magambo yayo, Bosco Nshuti ashimangira ko urukundo rwa Yesu ari... Read More